Mu Mujyi wa Kigali hamaze gushyirwaho parking umunanira zagenewe abamotari bahagarara bategereje abagenzi, bakahahagurukira ndetse bakanahaparika mu gihe bagiye kururutsa abagenzi. Iyi gahunda ...
Kuri uyu wa Gatanu i Dar-Salaam muri Tanzania, harateraniye inama y’Abaminisitiri bafite mu nshingano Ububanyi n’Amahanga bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC n’uw’ibihugu byo ...
Minisiteri y'Ubuzima ivuga ko mu gihe cy'imyaka 5 iri imbere, ibigo nderabuzima 510 byo mu Rwanda bizaba byarahawe abaganga bo ku rwego rwa Dogiteri muri serivisi zitandukanye, kugira ngo bifashe ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma bo mu bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'iby'uwo mu Majyepfo ya Afurika, SADC, bashimangiye ko inzira y’ibiganiro ari yo ishobora ...
Perezida Kagame yifatanyije n'Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma mu bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'iby'uwo mu Majyepfo ya Afurika, SADC, mu nama igamije gushaka umuti ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Olivier, yatangaje ko u Rwanda rushishikajwe no kubona amahoro aboneka mu Burasirazuba bwa RDC binyuze mu gukemura ikibazo hitabajwe ...
Abantu 7 bakekwaho kwiba no gucuruza ibikoresho bitandukanye by’amashanyarazi birimo n’ibitujuje ubuziranenge, byose bifite agaciro k’asaga miliyoni zirenga 150Frw, batawe muri yombi ku bufatanye bwa ...
Umutwe wa M23 uherutse gufata Umujyi wa Goma, washyizeho abayobozi bashya b'Intara ya Kivu y'Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC. Itangazo rishyiraho abayobozi bashya ...
Ikipe ya mbere ya Polisi y'u Rwanda (RNP SWAT Team 1) yitabiriye irushanwa ryahuje ibihugu 70 byo hirya no hino ku Isi, i Dubai, mu Bihugu Byunze Ubumwe by'Abarabu (UAE), yongeye kwitwara neza ...