Mu ijambo rye ry’ikaze, Gen Mubarakh yashimangiye umubano mwiza hagati y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Nigeria, cyane ...
U Rwanda rwasabye Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu [AfCHPR] kwemeza ko ikirego cya Repubulika Iharanira ...
Guverinoma y'u Rwanda iramagana ubusabe w'Abagize Inteko Ishinga Amategeko y'Umuryango w'Ubumwe bw'Ibihugu by'u Burayi, yateranye igasabira ibihano u Rwanda hamwe n'abasirikare bakuru barwo. Ni Inteko ...
Abayobozi ba gisivili ndetse n’abasirikare bahunze Umujyi wa Bukavu, hari amakuru avuga ko M23 yaba isatira uwo murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. Mugenzi wacu Jean Pierre Kagabo ari muri aka ...
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko kuri uyu wa Gatanu wamaze gufata Ikibuga cy'Indege cya Kavumu, giherereye mu bilometero 30 uvuye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y'Amajyepfo. Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa ...
Inzobere mu miturire ziravuga ko kugira ngo u Rwanda rukemure ikibazo cy’abakeneye inzu zo guturamo mu bice by’imijyi, hakenewe abashoramari bubaka inzu rusange nyinshi, zigerekeranye kandi ziboneka ...
Abana bo mu bice bitandukanye by’Akarere ka Rubavu, bafite ababyeyi bombi bamaze igihe bafunzwe bazira kwambutsa ibiyobyabwenge, bavuga ko kwirera byabagizeho ingaruka zikomeye zirimo no kuva mu ...
Abahinzi bagera kuri 800 bari bamaze amezi 8 bahugurwa n’Umushinga Green Gicumbi, babonye ibyemezo by’amahugurwa ku micungire y’amakoperative bishingiye cyane cyane ku guhangana n’ingaruka ...
Abahinzi bo mu bice bitandukanye by’Akarere ka Muhanga by’umwihariko abo mu Murenge wa Kibangu, basabwe kongera ubuso buhingwa kugira ngo bazabone umusaruro w’ibiribwa uhagije. Babibwiwe mu gihe ...
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangiye igikorwa cyo cyo gufasha abaturage b'amikoro make bacikanywe n'iyandikisha rusange ry'ubutaka kubwandikisha no gukosoza imbibi zabwo. Ni igikorwa ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kibukije Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kuzirikana ko icyorezo cya SIDA ntaho cyagiye, gishimangira ko uburyo bumwe bwizewe bwo kucyirinda ari ...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, John Rwangombwa yatangaje ko iyi banki yagumishije kuri 6.5% inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi. Yabitangaje kuri uyu wa Kane, mu kiganiro n'abanyamakuru ...